Kuri uyu wa Gatanu, Perezida Kagame yakiriye itsinda riturutse mu ishyirahamwe mpuzamahanga rya IAFS (International ...
Ikipe ya Police FC yanyagiye Kiyovu Sports ibitego 4-0 mu mukino w'ikirarane cy'umunsi wa kabiri wa Shampiyona, Rwanda ...
Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, CG Felix Namuhoranye, yakiriye mugenzi we Seychelles, Commissioner Ted Barbe ku ...
Esther Mbabazi uherutse gushyirwa mu rwego rwa ‘Captain’ mu gutwara indege yinjiye muri ‘Captain’s Club’, icyiciro kigize Ihuriro ry’Abagore batwara Indege ku Isi. Ihuriro ry’Abagore b’Abapilote ryo ...
Igitego cyahesheje Gikundiro amanota atatu ya mbere muri Rwanda Premier League, cyatsinzwe na Charles Bbaale ku munota wa 50 ...
Umuhanzi Icyishatse David wamamaye mu muziki nka Davis D yatangaje ko agiye gukora igitaramo cyo kwizihiza imyaka 10 amaze mu rugendo rw’umuziki no kumurikira abakunzi be ibyo yagezeho muri iyo myaka.
Imirimo yo kubaka umuhanda wa kaburimbo Nyacyonga-Mukoto uhuza Uturere twa Gasabo na Rulindo yatangiye, aho abaturage bawitezeho kubahindurira imibereho. Kuri uyu wa Mbere ni bwo Guverineri w’Intara y ...
Umugaba w’Ingabo z’u Rwanda, Gen Mubarakh Muganga, yakiriye mugenzi we wa Seychelles, Brigadier Michael Rosette n’itsinda ayoboye, aho bari mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda. Ibiganiro by’impande zombi ...
Muri sitasiyo za lisansi zirenga 100 zimaze gukorerwa ubugenzuzi, 19 zigomba gukurwaho bitarenze umwaka wa 2025. Muri zo icyenda zigomba gusenywa bitarenze amezi atandatu. Ni gahunda Urwego ...
Hari abacuruzi bo mu Karere ka Rubavu bataka igihombo, bavuga ko baterwa no kutamenya imikoreshereze ya System itanga Facture ya EBM bikabaviramo gucibwa amande y’ibihumbi 200 Frw bya hato na hato. Ni ...
Ashingiye ku biteganywa n'Itegeko Nshinga rya Repubulika y'u Rwanda, cyane cyane mu ngingo ya 80; none ku wa 23 Nzeri 2024, Nyakubahwa Perezida wa Repubulika yashyizeho Abasenateri bakurikira: ...