Kuri uyu wa Gatanu, Perezida Kagame yakiriye itsinda riturutse mu ishyirahamwe mpuzamahanga rya IAFS (International ...
Ikipe ya Police FC yanyagiye Kiyovu Sports ibitego 4-0 mu mukino w'ikirarane cy'umunsi wa kabiri wa Shampiyona, Rwanda ...
Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, CG Felix Namuhoranye, yakiriye mugenzi we Seychelles, Commissioner Ted Barbe ku ...
Igitego cyahesheje Gikundiro amanota atatu ya mbere muri Rwanda Premier League, cyatsinzwe na Charles Bbaale ku munota wa 50 ...
Ashingiye ku biteganywa n'Itegeko Nshinga rya Repubulika y'u Rwanda, cyane cyane mu ngingo ya 80; none ku wa 23 Nzeri 2024, Nyakubahwa Perezida wa Repubulika yashyizeho Abasenateri bakurikira: ...
Ababyeyi bafite abana biga mu Ishuri ry'Icyitegererezo Mpuzamahanga rya Ntare Louisenlund riherereye mu Karere ka Bugesera, bavuga ko iri shuri ari ikimenyetso cy'ubuyobozi bwiza buharanira kwishakamo ...
Umuhanzi Icyishatse David wamamaye mu muziki nka Davis D yatangaje ko agiye gukora igitaramo cyo kwizihiza imyaka 10 amaze mu rugendo rw’umuziki no kumurikira abakunzi be ibyo yagezeho muri iyo myaka.
Umugaba w’Ingabo z’u Rwanda, Gen Mubarakh Muganga, yakiriye mugenzi we wa Seychelles, Brigadier Michael Rosette n’itsinda ayoboye, aho bari mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda. Ibiganiro by’impande zombi ...
Bimwe mu bigo by'amashuri byo mu Turere twa Huye na Nyanza byubakiwe ibikoni bigezweho, bivuga ko ubu buryo bwo gucana bakoresha bwatumye isuku yaho batekera yiyongera ndetse n'ibicanwa bakoreshaga ...
Imirimo yo kwagura Uruganda rw'Umuceri rwa ‘Gatsibo Rice’ ruherereye mu Karere ka Gatsibo irakomeje ndetse iri hafi kugera ku musozo aho kuri ubu igeze ku gipimo cya 80%. Hashize igihe kingana ...
Abahanzi barindwi bagezweho mu Rwanda bataramiye abakunzi b’umuziki mu Karere ka Ngoma no mu bindi bice bihana imbibi mu gitaramo cya Kane cya MTN Iwacu Muzika Festival 2024. Ni igitaramo cyabereye ku ...